Ni gute wamenya umugambi w’Imana kuri wowe?

IBYAHISHUWE (32) Ni gute wamenya umugambi w’Imana kuri wowe? NZI imirimo yawe. (Ibyah 2:2). NZI amakuba yawe n’ubukene bwawe. (Ibyah 2:9). NZI aho uba. (Ibyah 2:13). NZI imirimo yawe. (Ibyah 2:19). NZI imirimo yawe. (Ibyah 3:1). NZI imirimo yawe. (Ibyah 3:8). NZI imirimo yawe. (Ibyah 3:15). Ubushize twabonye ukuntu Imana yari yitaye by’umwihariko k’ubuzima bwa Yohana ndetse na buri torero muri ariya arindwi avugwa mu Byahishuwe igice cya 2 na 3. Uwiteka yagaragaje ku buryo busesuye uriya mugambi we mu rurimi rw’Ikigereki rwakoreshwaga mu buzima bwa buri munsi. Ariko benshi…

Read More

Ellen White atinya kuvuga ibyo Imana yamweretse

Maze umwami Yesu abonekera Pawulo nijoro mu nzozi, aramubwira ati “ntutinye, ahubwo uvuge weguceceka.” (Ibyak 18:9). Iminsi ikabakaba icyumweru nyuma yo guhabwa iyerekwa rye rya mbere Ellen G White yahise ahabwa irindi yerekwa. Muri ririya yerekwa rya mbere yari yabonye Abadiventiste bari mu rugendo rugana mu murwa, bagenda munzira ifunganye kandi igororotse, bamurikiwe n’umucyo mwinshi inyuma yabo ku ntangiriro y’inzira. Nuko Marayika amubwira ko uriya mucyo ari urusaku rwa mugicuku. Ni ukuvuga ubutumwa Abadiventiste b’Abamilerite bahoze babwiriza bwavugaga ko Yesu yagombaga kugaruka ku munsi wo kwezwa kw’ubuturo bwera kuvugwa mu…

Read More

Eleda Sanze yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Akagezi”

Eleda Sanze umuririmbyi w’indirimbo ubarizwa mu itorero ry’abadiventisti b’umunsi wa karindwi yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise “Akagezi”. Muri iyi ndirimbo Eleda agaruka cyane ku kugira neza kw’Imana, ibinyujije mu kagezi kayo k’imigisha kadakama, agira ati: “akagezi k’Uwiteka ntigakama na rimwe, nanjye nzamuye amaboko dashima”. Mu kiganiro yagiranye na ibyiringirobyumugisha.rw yavuzegize ati: “iyi ndirimbo nayanditse bitewe n’ibihe naciyemo mbona binkomereye, imbaraga zanjye zirashira, nitabaje inshuti n’abavandimwe biranga ariko mbona Imana yo ubwayo yifukuriye akagezi mbona ibyari byananiranye birakoretse.” Tubibutse ko Eleda Sanze ari umuririmbyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana ubarizwa mu itorero…

Read More

Korali Yesu Araje yashyize hanze indirimbo “Naramukunze”

Korari Yesu Araje yo mu itorero rya LMS Kamukina yashyize hanze amashusho y’indirimbo Naramukunze. Iyi ndirimbo nshya ya korari Yesu Araje ivuga ko mu ntambara zose turwana z’ubuzima aho duhanganye n’isi, umubiri na Satani, Satani ahora aturega ibirego byinshi ariko uburyo Imana ituburanira ngo “Yaradukunze ni ubuhamya bukomeye…”. Reba indirimbo “Naramukunze” ya Yesu Araje

Read More