Ese wigeze ushinjwa ibinyoma?

UBUTUMWA BWIZA BW’IBYAHISHUWE (44) Ese wigeze ushinjwa ibinyoma? “Nzi amakuba yawe n’ubukene bwawe, (ariko rero uri umutunzi), n’uko utukwa n’abiyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari ab’isinagogi ya Satani.” (Ibyah 2:9). Biragaragarira muri uriya murongo wa Bibiliya w’uyu munsi ko umubano w’itorero n’Abayuda b’i Simuruna wari urimo ibibazo. Itorero ryari rihanganye n’ibihe by’akaga. Ubwo byari bigeze mu kinyejana cya kabiri Ubwami bwa Roma bwashakaga ko buri wese usibye Abayuda azajya aramya umwami w’abami. Ubutegetsi bwasoneye Abayuda kuri kuriya kuramya bitewe no kubaha idini ryabo kuko ryari irya ya cyera cyane.…

Read More