Eleda Sanze yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Akagezi”

Eleda Sanze umuririmbyi w’indirimbo ubarizwa mu itorero ry’abadiventisti b’umunsi wa karindwi yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise “Akagezi”. Muri iyi ndirimbo Eleda agaruka cyane ku kugira neza kw’Imana, ibinyujije mu kagezi kayo k’imigisha kadakama, agira ati: “akagezi k’Uwiteka ntigakama na rimwe, nanjye nzamuye amaboko dashima”. Mu kiganiro yagiranye na ibyiringirobyumugisha.rw yavuzegize ati: “iyi ndirimbo nayanditse bitewe n’ibihe naciyemo mbona binkomereye, imbaraga zanjye zirashira, nitabaje inshuti n’abavandimwe biranga ariko mbona Imana yo ubwayo yifukuriye akagezi mbona ibyari byananiranye birakoretse.” Tubibutse ko Eleda Sanze ari umuririmbyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana ubarizwa mu itorero…

Read More

Amategeko n’amasezerano (Umugabane wa 6)

ABAKURAMBERE N’ABAHANUZI (IGICE CYA 33): Amategeko n’amasezerano (Umugabane wa 6) Iryo sezerano ryongeye kuvugururwa rihabwa Aburahamu ngo: “. . . mu rubyaro rwawe ni mo amahanga yose yo mu isi azaherwa umugisha.: (Itangiriro 22:18). Iri sezerano ryerekezaga kuri Kristo. Aburahamu yasobanukiwe n’iryo sezerano (soma Abagalatiya 3 :8,16), kandi yizeye ko Kristo ababarira ibyaha. Uko kwizera ni ko kwatumye yitwa umukiranutsi. Isezerano ryahawe Aburahamu na ryo ryakomeje gushimangira ubutware bw’amategeko y’Imana. Uhoraho yabonekeye Aburahamu aramubwira ati: “Ni njye Mana Ishoborabyose; ujye ugendera imbere yanjye, kandi utungane rwose.” (Itangiriro 17 :1). Ubuhamya…

Read More