Ese abapasiteri baracyakenewe muri iki gihe?

“N’abandi kuba ababwirizabutumwa bwiza, n’abandi kuba abungeri n’abigisha. Kugira ngo abera batunganirizwe rwose gukora umurimo wo kugabura iby’Imana no gukomeza umubiri wa Kristo, kugeza ubwo twese tuzasohora kugira ubumwe bwo kwizera no kumenya Umwana w’Imana, kandi kugeza ubwo tuzasohora kuba abantu bashyitse bageze kurugero rushyitse rw’igihagararo cya Kristo.” Abefeso 4:11-13. Mu cyigisho cyacu cy’ubushize, twavuze ku mpano z’umwuka zivugwa mu gice cya 4 cy’urwandiko Pawulo yandikiye itorero rya Efeso muri Turukiya.  Twavuze gusa ku mpano y’intumwa n’abahanuzi. Ariko muri ririya somo Pawulo yavuze no ku mpano y’ababwirizabutumwa bwiza, abungeri (Abapasiteri)…

Read More