Igisubizo cya Yesu ku gutandukana kw’abashakanye (igice cya 2)

Mbese umubano w’abashakanye ugomba kumara igihe kingana iki? “4Na we arabasubiza ati ‘Ntimwari mwasoma yuko Iyabaremye mbere yaremye umugabo n’umugore, 5ikababwira iti ‘Ni cyo gituma umuntu azasiga Se na nyina akabana n’umugore we akaramata bombi bakaba umubiri umwe?’” (Matayo 19:4,5) Mugusubiza Abafarisayo bari bamubajije niba amategeko yemera ko umugabo asenda umugore we amuhoye ikintu cyose, ni bwo Yesu yavuze ariya magambo akurikiraho ku murongo wa 4 n’uwa 5 ati “Ntimwari mwasoma yuko, Iyabaremye mbere…” Nk’uko yari asanzwe abigenza, Yesu yaganishije abari bamuteze amatwi kubyanditswe (ku mategeko). Ahereye ku mugabo wa…

Read More